VIEW THIS SITE IN:    ENGLISH   Français    Español    Kinyarwanda   Nepali
Abana bamaze gupfa kuvaho winjiriye kur'iyi site

Abantu benshi ku isi bafite ikibazo cyo kubona intungamubirizihagije

Abantu barenze miliyari ebyiri ni ukuvuga umubare w'abantu urenze abatuye leta zunze ubumwe z'Amerika bose ubakubye inshuro esheshatu burwaye indwara zituruka ku mirire mibi. Urebye uko icyo kibazo giteye ku isi biteye inkeke. tekereza nawe kubona ibiribwa bifite intungamubiri n'imyunyu ngugu bitera ubuhumyi abana bagera ku bihumbi Magana atanu buri mwaka (500.000) bigatuma abana bagera ku bihumbi Magana atatu (300.000) bavuka bafite ubusembwa mumutwe, bigatera abana babarirwa hagati ya 10na15 ku ijana bavuka ari ibimara , ndetse bigatera abana bari hagati ya 23 na 40 ku ijana kuba bapfa bazize indwara zihitana abana bato . kurya indyo nkene ku munyu byongera umubare w' abarwara impiswi ho 25 ku ijana . Ibyo bikaba biboneka cyane cyane mubihugu bikiri munzira y' iterambere , aho umwana umwe kuri 3,8 avuka ahura n' ikibazo cy' impiswi , ibyo bigatuma kandi hafi miriyoni y' abana bapfa buri mwaka . Nanone kandi 2 ku ijanaby' igice cy' ingozo mubihugu bikiri munzira y' iterambere zikoresha 2 ku ijana by' umutungo zinjiza mumwaka zivuza indwara zituruka mumirire mibibikubitiye ho no kuba batabona umusaruro uhagije. Mugihe buri mwaka hagombye gukoreshwa amafaranga make cyane mugukumira izo ndwara.

Vitamine B umuti nyawo wo gukumira ubusembwa abana bavukana

Nta muti numwe wakumira ubusembwa abana bavukana uretse intunga mubiri zikomoka kuri vitamin B. I yi vitamine ivumburwa habanje kugaragazwa ko yari mukurinda ubwonko ndetse ndetse no kurwanya ubumuga bwabwo cyangfwa se gufasha umwana kuvukana ubwonko bwuzuye .Nyamara ubushakashatsi bwaje kugaragaza ko iyo mubyumweru byambere bitanu nyina ikimutwita umwana yabonye intungamubiri zihagije kuri vit B aba afite amahirwe 72 ku ijana yokudafatwa n'ubusembwa bufata ubwonko. Ikindi kandi kuber'a ko intunga mubiri zikomoka kuri vitamin B zifasha ubwonko ndetse n' izindi ngingo z'urusoro ku irema no gukora neza abashakashatsi bikigihe bemeza ko izo ntunga mubiri zirinda umwana kuvukana ibibari by' iminwa cyangwa by' ururimikumpuzandengo ya 40 ku ijana ndetse zikaba ingirakamaro mu kurinda indwara nyinshi z' umutima abana bashobora kuvukana

Kugirango umuntu umwe abone ibivumbikisho bikomoka kuri Vitamine B byasaba gusa
Read More About The Importance of Folic Acid

Fer, umunyu ngugu ucyenewe cyane n'abantu benshi

Abantu bagera kuri miriyari enye bashobora kuba bavukana ibibazo bituma badashobora kwiga cyangwa badashobora gukora indi mirimo kubera kubura umunyu wa feri mu maraso yabo. Nanone kandi miriyari zirenga ebyiri z' abantu bafite ikibazo cyo kutagira amaraso ahagije mu mubiri .Abana barenga 40% bo mubihugu bikiri mu nzira y' amajyambere bafite ibibazo by'amaraso make baterwa no kubura feri ibyo bikagira ingaruka ku babyeyi barenga ibihumbi magana atanu, bigatera abana barenze ibihumbi mirongo itandatu gupfa buri mwaka. Indwara yo kutagira amaraso ahagije mu mubiri ituma hagati y'abana 5 na 17 ku ijana bagira amanita macye ndetse n' iyo yaba idakabije ikagabanya ubushobozi bwabo bwo gukora imirim ibasaba imbaraga. Nyamara gukungahaza umunyu wa feri ku muntu umwe mu mwaka byatwara gusa 1/20 cy'idorari

Vitamini A uretse kurinda abana ubuhumyi igira n' akandi kamaro

Hashize imyaka myinshi abantu bazi neza ko kubura vitamini kubana ari impamvu ibatera ubuhumyi bwakagombye kurwanywa, ibyo bikaba bitera abana barenze 500.000 guhuma buri mwaka ; iyo akaba ari imwe mu ngaruka zihambaye z' ubukene mu bihugu bikiri mu nzira y' amajyambere .buri mu nota umwe ku isi umwana umwe ubu abaye impumyi , naho buri masegonda atanu umuntu mukuru akaba abaye impumyi .Abarenga 70% muri abo bana bapfa batarengeje umwaka , mugihe nyamarahaba hari amahirwe 75% y' uko ubwo buhumyi bwavurwa cyangwa bugakumirwa mbere y' igihe .Ntagihe 0kigenwe ubushakashatsi bwagaragaje ko vitamini A ari ingenzi mukunganira ibivumbikisho by' abagore n' abana babo . Vitamini A ihagije mu mubiri irinda irinda abantu gupfa bishwe na mikorobi bashobora kwandura murugero ruri hagati ya 23 na 40 %. Nanone abantu bashobora gupfa cyangwa bagafatwa n' indwara z' igikatu nka marariya biyongeraho 23% kubafite vitamini . Ibura ry' iyo vitamini rigira kandi ingaruka mbi rikanagabanya igihe cyo kubaho ku barwayi ba SIDA bahabwa imti yoroshya ubukana.
Read More About The Importance of Vitamin A


Iyodine ntikiri gusa umuti wo kuvura umwingo

Mu gihe byari bimenyerewe ko iyodine ari ingirakamaro ikaba yarashyizwemu munyu uribwa kubera ko irinda abantu uburwayi bw'umwingo, ubu bimaze kugaragara ko inagira uruhare ku bwenge bw'umuntu cyane cyane mu mikurire ye. Umuntu utagira iyodine mu mubiri we ubwenge bwe bugabanuka hagati ya 10 na 15%, igatera ubugoryi bw'umubiri n'ubw'ubwenge. Naho ku Bantu bakuze, imyakurabakwe yabo ntikora neza ndetse bika byabaviramo gupfa amatwi.

Mu gihe abantu benshi cyane ku isi bagifite kibazo cyo kubona ibiryo birimo iyodire ihagije ( cyane cyane umunyu uribwa), Gahunda zo kuyibagezaho zatangijwe nizo zimaze kugaragaza ko byoroshye kugeza ku Bantu indyo yuzuye. 80% by'abatuye muri Amerika y'epfo no mu birwa bya karayibe barya umunyu urimo iyodire ariko na none mu bihugu bigikennye cyane uwo mubare uragabanuka kugera kuri 52%. Kuva mu 1990 kugeza ubu, umubare w'abantu bafite ubuzima buzira umuze kubera gahunda zo kubagezaho iyodire zatangijwe, wavuye kuri 20% ugera kuri 70%. Ibyo rero bituma abana barenga miliyoni91 bagira ubuzima buzira umuze. Nyamara ntibibuza kuhazaharira impinja n' abana miliyoni 41 bakiri mu nda za ba nyina.Ibi rero bigaragaza ko hakiri inzira ndende kugira ngo ikibazo cyo guhaza Bantu muri iyodire gikemuke.

Kubura iyodire mu mubiri niyo mpamvu ya mbere ituma ubwenge bw'abana butinda gukura mu gihe byashobokaga ko abantu babyirinda mbere y'igihe. Nyamara gahunda yo kugeza iyodine ku muntu yatwara 1/50 cy'idorari ku mwaka.
Read More About The Importance of Iodine